WIRE โ€” Minisitiri w'Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yavuze ko u Rwanda rwiteguye kurushaho gushimangira ubufatanye na Lesotho mu bijyanye n'imiyoborere kugira ngo bugirire akamaro abaturage b'Ibihugu byombi. Yabigarutseho kuri uyu wa Mbere tariki ya 22 Kamena 2026, ubwo yitabiraga Inama yiga ku miyoborere muri Lesotho, yabaye hifashishijwe ikoranabuhanga.ย ย  Yagize ati: "Twishimira cyane ibiganiro byo kungurana ibitekerezo n'ubumenyi

"We aggregate wires to encourage regional discovery, sending readers directly back to the original source to explore full coverage."

This is a normalized overview of the breaking feed event. The complete, official release detailing all points, background context, and statements remains hosted by the original publisher.