WIRE โ Mbere y'uko atangazwa nk'umukinnyi wa AS Kigali, Hoziyana Kennedy yumvikanye n'ubuyobozi bwa Rayon Sports ndetse barahura ariko bagira ibyo batumvikanaho. Tariki ya 12 Kamena 2026, ni bwo iyi kipe iterwa inkunga n'Umujyi wa Kigali, yatangaje ko Hoziyana Kennedy wakinaga muri Marine FC, yayisinyiye amasezerano y'imyaka ibiri izageza mu 2028. Gusa amakuru yizewe UMUSEKE wamenye, ni
"We aggregate wires to encourage regional discovery, sending readers directly back to the original source to explore full coverage."
This is a normalized overview of the breaking feed event. The complete, official release detailing all points, background context, and statements remains hosted by the original publisher.